Umwe muri mwe nakanguka avuye mu bitotsi, ajye yipfuna inshuro eshatu, kubera ko Shitani iba yaraye mu mutonzi we w'izuru

Umwe muri mwe nakanguka avuye mu bitotsi, ajye yipfuna inshuro eshatu, kubera ko Shitani iba yaraye mu mutonzi we w'izuru

Hadith yaturutse kwa Abu Hurayrat (Imana imwishimire) yavuze ko Intumwa y'Imana (Imana iyihe amahoro n'imigisha) yavuze iti: "Umwe muri mwe nakanguka avuye mu bitotsi, ajye yipfuna inshuro eshatu, kubera ko Shitani iba yaraye mu mutonzi we w'izuru."

[Hadithi y'impamo] [Yemeranyijweho na Bukhari na Muslim]

الشرح

Intumwa y'Imana (Imana iyihe amahoro n'imigisha) yashishikarije umuntu ukangutse avuye mu bitotsi ko agomba kwipfuna inshuro eshatu, kubera ko Shitani aba yaraye mu mutonzi w'izuru rye.

فوائد الحديث

Amategeko y'idini ateganya ko umuntu ubyutse ko yipfuna, kugira ngo akureho ibisigisigi bya Shitani, iyo ari butawaze, icyo gihe gupfuna biba ari ngombwa.

Kwipfuna nibyo byuzuriza gushoreza, kuberako gushoreza bisukura mu zuru imbere, no gupfuna bisohora umwanda wari mu izuru hamwe n'amazi.

Kuba ari umwihariko w'ibitotsi bya nijoro, ni ukubera ijambo Hadithi yakoresheje rigira riti: Umuntu uzarara; kubera ko kurara ni ibyo mu ijoro, kandi niho umuntu aryama igihe kinini.

Hadithi iragaragaza ko Shitani yiyoberanya ku muntu ntabimenye.

التصنيفات

Uburyo Gutawaza (Udhu) bikorwamo.