إعدادات العرض
Intumwa y'Imana (Imana iyihe amahoro n'imigisha) yabonye umugabo umwe ari gusali wenyine inyuma y'umurongo wo mu iswalat imutegeka gusubiramo iswalat
Intumwa y'Imana (Imana iyihe amahoro n'imigisha) yabonye umugabo umwe ari gusali wenyine inyuma y'umurongo wo mu iswalat imutegeka gusubiramo iswalat
Hadith yaturutse kwa Wabiswat (Imana imwishimire) yavuze ko Intumwa y'Imana (Imana iyihe amahoro n'imigisha) yabonye umugabo umwe ari gusali wenyine inyuma y'umurongo wo mu iswalat imutegeka gusubiramo iswalat.
[Hadithi nziza] [Yakiriwe na Abu Dawud, na Tirmidhi, na Ibun Madjah, ndetse na Ahmad]
الترجمة
العربية বাংলা Bosanski English Español فارسی Français Bahasa Indonesia Türkçe اردو हिन्दी Tagalog 中文 Kurdî Português Русский Nederlands অসমীয়া ગુજરાતી Tiếng Việt Kiswahili پښتو සිංහල Hausa മലയാളം नेपाली Magyar ქართული తెలుగు Македонски Svenska Moore Română ไทย Українська मराठी ਪੰਜਾਬੀ دری አማርኛ Wolof ភាសាខ្មែរ ಕನ್ನಡ Malagasyالشرح
Intumwa y'Imana (Imana iyihe amahoro n'imigisha) yabonye umugabo uri gusali wenyine inyuma y'umurongo, imutegeka gusubiramo iswalat, kuko iswalat ye muri ubwo buryo ntiba yemewe.فوائد الحديث
Gushishikariza kwitabira iswalat y'imbaga no kujya ku mirongo ibanza, kandi ko umuntu adasalira inyuma y'umurongo wenyine, kugira ngo iswalat ye itaba imfabusa.
Umumenyi Ibun Hadjar yaravuze ati: Uzatangira gusali wenyine inyuma y'umurongo, nyuma akinjira mu murongo mbere yo kunamuka (uvuye ruku), ntabwo aba ategetswe kuyisubiramo nkuko byaje muri Hadith yaturutse kwa Abu Bakrat, bitari ibyo biba ari itegeko mu buryo bwa rusange nkuko byavuzwe muri iyi Hadith yaturutse kwa Wabiswat.
