Sinigeze mbona na rimwe Intumwa y'Imana (Imana iyihe amahoro n'imigisha) iseka ngo itembagare, kugeza mbonye mu nkanka, ahubwo yaramwenyuraga

Sinigeze mbona na rimwe Intumwa y'Imana (Imana iyihe amahoro n'imigisha) iseka ngo itembagare, kugeza mbonye mu nkanka, ahubwo yaramwenyuraga

Hadith yaturutse kwa Aishat Nyina w'abemeramana (Imana imwishimire) yaravuze ati: Sinigeze mbona na rimwe Intumwa y'Imana (Imana iyihe amahoro n'imigisha) iseka ngo itembagare, kugeza mbonye mu nkanka, ahubwo yaramwenyuraga.

[Hadithi y'impamo] [Yemeranyijweho na Bukhari na Muslim]

الشرح

Aishat (Imana imwishimire) yavuze ko Intumwa y'Imana (Imana iyihe amahoro n'imigisha) itajyaga iseka ngo ikabye kugeza ubwo mu nkaka hayo hagaragaye, ahubwo yaramwenyuraga.

فوائد الحديث

Intumwa y'Imana (Imana iyihe amahoro n'imigisha) yajyaga iseka imwenyura igihe yishimye cyangwa se hari ikiyisekeje.

Umumenyi Ibun Hadjar yaravuze ati: Sinigeze mbona iseka ngo ishywanyuke, kugeza ubwo iseka mu buryo bwuzuye itizigamye.

Guseka kenshi, mu ijwi ntibiri mu biranga abakora ibikorwa byiza.

Guseka cyane byambura umuntu icyubahiro hagati ye n'abavandimwe be.

التصنيفات

Uburyo Intumwa y'Imana (Imana iyihe amahoro n'imigisha) yasekaga.