إعدادات العرض
Abayahudi bararakariwe, n'abanaswara barayobye
Abayahudi bararakariwe, n'abanaswara barayobye
Hadith yaturutse kwa Adiy Ibun Hatim yavuze ko Intumwa y'Imana (Imana iyihe amahoro n'imigisha) yavuze iti: "Abayahudi bararakariwe, n'abanaswara barayobye."
[Hadithi y'impamo] [Yakiriwe na Tirmidhiy]
الترجمة
ar en my sv cs gu yo ur id ug si hi ha sw ps as prs ky or tr vi ne te bs lt ro ml nl so sr ku uk de kn wo mos sq pt ka az zh hu fa mk ta ru bn am mgالشرح
Intumwa y'Imana (Imana iyihe amahoro n'imigisha) iragaragaza ko abayahudi ari abantu Allah yarakariye, kubera ko bamenye ukuri ntibakwemera ngo bagushyire mu bikorwa; Naho abanaswara (abakirisitu) ni abantu bayobye, kubera ko bakora ibikorwa badafitiye ubumenyi.فوائد الحديث
Guhurizahamwe ubumenyi n'ibikorwa ni imwe mu mpamvu zo kwitandukanya n'abarakariwe ndetse n'abayobye.
Kwirinda inzira y'abayahudi n'abanaswara, no kwitwararika inzira igororotse ari yo y'ubuyisilamu.
Abayahudi n'abanaswara bose barayobye kandi bararakariwe, ariko abayahudi mu buryo bw'umwihariko bavuzwe ko Allah yabarakariye, ndetse ko n'abanaswara bayobye.