إعدادات العرض
Nta birenge by'umugaragu byagiyeho ivumbi ari guharanira inzira ya Allah, bizagerwaho n'umuriro
Nta birenge by'umugaragu byagiyeho ivumbi ari guharanira inzira ya Allah, bizagerwaho n'umuriro
Hadith yaturutse kwa Abu Ab'sin Abdu Rahman Ibun Djabrin (Imana imwishimire) yavuze ko Intumwa y'Imana (Imana iyihe amahoro n'imigisha) yavuze iti: "Nta birenge by'umugaragu byagiyeho ivumbi ari guharanira inzira ya Allah, bizagerwaho n'umuriro."
[Hadithi y'impamo] [Yakiriwe na Bukhari]
الترجمة
العربية বাংলা Bosanski English Español فارسی Français Bahasa Indonesia Русский Tagalog Türkçe اردو 中文 हिन्दी සිංහල ئۇيغۇرچە Kurdî Kiswahili Português Nederlands Tiếng Việt অসমীয়া ગુજરાતી پښتو Hausa മലയാളം नेपाली Magyar ქართული తెలుగు Македонски Svenska Moore Română Українська ไทย मराठी ਪੰਜਾਬੀ دری አማርኛ Wolof ភាសាខ្មែរ ಕನ್ನಡ Yorùbá Српски Malagasyالشرح
Intumwa y'Imana (Imana iyihe amahoro n'imigisha) iri gutanga inkuru nziza ko igihe cyose ibirenge by'umuntu bigezweho n'ivumbi ari guharanira inzira ya Allah, bitazigera bigerwaho n'umuriro.فوائد الحديث
Inkuru nziza kuri wa wundi uharanira inzira ya Allah ko atazinjizwa mu muriro.
Hano havuzwe ibirenge kandi ivumbi rikwira umubiri wose, kubera ko benshi mu baharaniraga inzira ya Allah kiriya gihe bagendeshaga ibirenge, n'ibirenge rero bigerwaho n'ivumbi.
Umumenyi Ibun Hadjar yaravuze ati: Niba ibirenge byagezweho n'ivumbi ari ikizira kuzinjizwa mu muriro, byaba bimeze bite kuri wa wundi wagize umurava agakoresha n'imbaraga ze zose?
