إعدادات العرض
Uzarinda icyubahiro cy'umuvandimwe we, Allah nawe azarinda umuriro uburanga bwe ku munsi w'imperuka
Uzarinda icyubahiro cy'umuvandimwe we, Allah nawe azarinda umuriro uburanga bwe ku munsi w'imperuka
Hadithi yaturutse kwa Abi Dar'da-i (Imana imwishimire) yavuze ko Intumwa y'Imana (Imana iyihe amahoro n'imigisha) yavuze iti: "Uzarinda icyubahiro cy'umuvandimwe we, Allah nawe azarinda umuriro uburanga bwe ku munsi w'imperuka."
[Sahih/Authentic.] [At-Tirmidhi]
الترجمة
عربي বাংলা Bosanski English Español فارسی Français Bahasa Indonesia Русский Tagalog Türkçe اردو 中文 हिन्दी සිංහල Kurdî Hausa Português മലയാളം తెలుగు Kiswahili မြန်မာ ไทย Deutsch 日本語 پښتو Tiếng Việt অসমীয়া Shqip Svenska cs ગુજરાતી አማርኛ Yorùbá Nederlands ئۇيغۇرچە தமிழ் دری ff hu kn Кыргызча Lietuvių or ro Soomaali Српски uz mos नेपालीالشرح
Intumwa y'Imana (Imana iyihe amahoro n'imigisha) iragaragaza ko urinze icyubahiro cy'umuvandimwe w'umuyisilamu igihe batari kumwe, akabuza abantu kumutuka cyangwa se kumugirira nabi, Allah nawe azamurinda ibihano byo ku munsi w'imperuka.فوائد الحديث
Kubuza amagambo yibasira icyubahiro cy'abayisilamu.
Ineza yiturwa indi, bityo urengeye umuvandimwe we Allah nawe azamurinda umuriro.
Isilamu ni idini ry'ubuvandimwe n'ubufatanye no gutabarana hagati y'ababubarizwamo.