إعدادات العرض
Imico myiza.
Imico myiza.
1- Umwe muri mwe ntaraba umwemera kugeza ubwo azifuriza mugenzi we ibyo nawe yiyifuriza
2- Mu by'ukuri Allah yategetse kugira neza muri buri cyose gikozwe
5- Umuntu nakunda mugenzi we ajye abimubwira ko amukunda
6- Allah agirire impuhwe umuntu woroha igihe agurisha, woroha igihe agura, woroha igihe yishyuza
8- Mu by'ukuri Allah yategetse kugirira neza buri kintu
9- Ntukarakare!
11- Uzimwa koroha azaba yimwe ibyiza
12- Ntuzagire igikorwa cyiza usuzugura kabone n'iyo cyaba ari uguhura n'umuvandimwe wawe umumwenyuriye
14- Uzarangira undi icyiza, azabona ibihembo nk'iby'uwagikoze
15- “Uzaba yemera Imana n’umunsi w’imperuka, ajye avuga amagambo meza cyangwa yicecekere
16- Utagiriye impuhwe abantu, Allah Nyir'ubutagatifu nawe ntazazimugirira
18- Kurangwa n'isoni ni kimwe mu bigize ukwemera
19- Mujye murangwa no kuvugisha ukuri, kubera ko kuganisha mu byiza, n'ibyiza bikaganisha mu ijuru
20- Uzarinda icyubahiro cy'umuvandimwe we, Allah nawe azarinda umuriro uburanga bwe ku munsi w'imperuka
23- Igihe cyose habayeho koroha mu kintu bikigira cyiza, kandi n'igihe nta koroha kubayemo bikigira kibi
25- Umwiza muri mwe ni ubarusha imico myiza
26- Mujye mworoshya ibintu, ntimukabikomeze, mutange inkuru nziza ntimutange izitera kwiheba
28- Igihe cyose umugaragu ahishiriye mugenzi we hano ku isi, Allah nawe ku munsi w'imperuka azamuhishira
31- Umwe muri mwe ntaraba umwemera kugeza ubwo azifuriza mugenzi we ibyo nawe yiyifuriza
