إعدادات العرض
Indangagaciro n'imyifatire.
Indangagaciro n'imyifatire.
1- Ese mbabwire ibyaha bikuru kuruta ibindi
2- Umuntu nakunda mugenzi we ajye abimubwira ko amukunda
5- Mwirinde ibyaha birindwi birimbura
8- Allah azamwinjiza mu ijuru kubera ibyo yakoze
12- Ijuru riri bugufi n'umwe muri mwe kuruta uko imishumi y'inkweto ze imuri bugufi, n'umuriro ni nk'uko
15- Umuriro uzengurutswe n'ibikorwa by'irari, naho ijuru rizengurutswe n'ingorane n'ibigeragezo
17- Allah agirire impuhwe umuntu woroha igihe agurisha, woroha igihe agura, woroha igihe yishyuza
20- “Mu by’ukuri, ibiziruye (Halali) birasobanutse kandi n'ibyaziririjwe (Haramu) birasobanutse
21- Mu by'ukuri Allah yategetse kugirira neza buri kintu
24- Ntukarakare!
26- Umugaragu wanjye aracumura akavuga ati: “Mana yanjye, mbabarira icyaha cyanjye!
28- Uzimwa koroha azaba yimwe ibyiza
31- Mujye mwirinda gucyeka; kubera ko gucyeka ari ikinyoma kiruta ibindi
32- “Buri gikorwa cyose cyiza ni ituro”
33- Ntuzagire igikorwa cyiza usuzugura kabone n'iyo cyaba ari uguhura n'umuvandimwe wawe umumwenyuriye
35- Uzarangira undi icyiza, azabona ibihembo nk'iby'uwagikoze
36- “Ntimugatuke abapfuye kuko bo bamaze kubona ingororano cyangwa ibihano by'ibyo bakoze.”
38- “Uwaciye amasano n’ubuvandimwe ntazinjira mu ijuru”
39- Umuntu ubunza amagambo ntazinjira ijuru
41- Ahantu umugaragu aba ari bugufi ya Nyagasani we ni igihe aba yubamye, bityo mujye mwongera ubusabe
42- “Uzaba yemera Imana n’umunsi w’imperuka, ajye avuga amagambo meza cyangwa yicecekere
43- Utagiriye impuhwe abantu, Allah Nyir'ubutagatifu nawe ntazazimugirira
44- Mu by'ukuri umuntu Allah yanga kuruta abandi ni umunyamwaga w'umunyempaka nyinshi
47- Kurangwa n'isoni ni kimwe mu bigize ukwemera
48- Ubusabe niko kugaragira Allah
50- Nta kintu cy'agaciro imbere ya Allah kiruta ubusabe
51- Uzarinda icyubahiro cy'umuvandimwe we, Allah nawe azarinda umuriro uburanga bwe ku munsi w'imperuka
54- Uwo Allah ahitiyemo ibyiza amuha gusobanukirwa mu idini
58- Igihe cyose habayeho koroha mu kintu bikigira cyiza, kandi n'igihe nta koroha kubayemo bikigira kibi
61- Umwiza muri mwe ni ubarusha imico myiza
62- Mu by'ukuri Allah arindiriza umunyamahugu, kugeza ubwo amuguye gitumo ntabe yamucika
63- Ntacyo nasize nyuma yanjye mu bigeragezo kigora abagabo nk'abagore
64- Mujye mworoshya ibintu, ntimukabikomeze, mutange inkuru nziza ntimutange izitera kwiheba
68- Uzasoma imirongo ibiri isoza Suratul Baqarat mu ijoro, izaba imuhagirije
71- Intumwa y'Imana (Imana iyihe amahoro n'imigisha) yabujije kogosha igisage
72- Igihe kimwe twari hamwe na Umar, maze aravuga ati: "Twabujijwe kwigora!
80- Mu by'ukuri ku munsi w'imperuka
81- Ubwo Allah yari amaze kurema ijuru n'umuriro, yohereje Djibril (Imana imwishimire)
86- Umugabo uzambara ihariri hano ku isi ntazayambara ku munsi w'imperuka
89- Zireke kuko nazambaye ibirenge byanjye bifite isuku
99- Allah aba ari hafi cyane y'umugaragu we mu gicuku cy'igice cya nyuma cy'ijoro
106- Iryo ni ibuye ryatawe mu muriro hashize imyaka mirongo irindwi, ubu nibwo rigeze ku ndiba y'umuriro!
112- Ese mbereke ibyatuma Allah abababarira ibyaha byanyu, ndetse akanabazamura mu ntera?
117- Abayoboke banjye bose bazababarirwa usibye abakora ibyaha ku mugaragaro
120- Umwe muri mwe ntaraba umwemera kugeza ubwo azifuriza mugenzi we ibyo nawe yiyifuriza
125- Ubusabe bwo gusaba imbabazi buhatse ubundi
132- Umugabo ntakarebe ubwambure bwa mugenzi we, n'umugore ntakarebe ubwambure bwa mugenzi we
139- Ku munsi w'imperuka bazazana urupfu ruri mu ishusho y'intama y'isekurume
140- Uyu muriro wanyu mukoresha ni igice kimwe mu bice mirongo irindwi by'umuriro wa Djahanamu
141- Umuntu uzambeshyera ku bwende, aziteganyirize icyicaro cye mu muriro
144- Allah yatanze urugero rw'ubuyisilamu abugereranya nk'inzira igororotse
155- {Kandi rwose, kuri uwo munsi muzabazwa ku ngabire (mwahawe muri ku isi)}