إعدادات العرض
Indangagaciro n'imyifatire. - الصفحة 2
Indangagaciro n'imyifatire. - الصفحة 2
1- Allah aba ari hafi cyane y'umugaragu we mu gicuku cy'igice cya nyuma cy'ijoro
10- Iryo ni ibuye ryatawe mu muriro hashize imyaka mirongo irindwi, ubu nibwo rigeze ku ndiba y'umuriro!
17- Ese mbereke ibyatuma Allah abababarira ibyaha byanyu, ndetse akanabazamura mu ntera?
22- Njye mpa umugaragu wanjye nshingiye k'ubyo yizera kuri njye, kandi mporana nawe iyo anzirikanye
27- Abayoboke banjye bose bazababarirwa usibye abakora ibyaha ku mugaragaro
28- Igihe cyose umugaragu ahishiriye mugenzi we hano ku isi, Allah nawe ku munsi w'imperuka azamuhishira
29- Umwe muri mwe ntazapfe, atizera Allah nkuko bikwiye
33- Urugero rw'umuntu usingiza Nyagasani we n'utamusingiza ni nk'urugero rw'umuntu muzima n'uwapfuye
34- Mu byo ntinya mwazagwamo nyuma yanjye ni ukuzafungurirwa imitako y'isi n'ubutunzi bwayo
41- Jya uba ku isi nk'umushyitsi cyangwa se umuntu wihitira
42- Ururimi rwawe ntiruzatane no gusingiza Allah
43- Umwe muri mwe ntaraba umwemera kugeza ubwo azifuriza mugenzi we ibyo nawe yiyifuriza
44- Gutuka umuyisilamu ni ubugizi bwa nabi, no kumurwanya ni ubuhakanyi
48- Umunyabugugu ni wa wundi izina ryanjye rivugwa ahari ntansabire amahoro n'imigisha
52- ALLAHUMA ASW’LIH LII DIINII ALADHI HUWA I’SW’MATU AMRII
54- ALLAHUMA INI AS'ALUKA AL AFIYAT FII DUNIYA WAL AKHIRAT
55- Mana Nyagasani ndagusaba ibyiza byose, ibya vuba n'ibizatinda, ibyo nzi n'ibyo ntazi
61- Ubusabe bwo gusaba imbabazi buhatse ubundi
72- Ese muzi uwashiriwe uwo ari we?
73- Uzavuga imvugo navuze abizi cyangwa akeka ko ari ikinyoma, azaba ari umwe mu babeshyi
80- Umugabo ntakarebe ubwambure bwa mugenzi we, n'umugore ntakarebe ubwambure bwa mugenzi we
89- Ku munsi w'imperuka bazazana urupfu ruri mu ishusho y'intama y'isekurume
90- Uyu muriro wanyu mukoresha ni igice kimwe mu bice mirongo irindwi by'umuriro wa Djahanamu
91- Umuntu uzambeshyera ku bwende, aziteganyirize icyicaro cye mu muriro
94- Allah yatanze urugero rw'ubuyisilamu abugereranya nk'inzira igororotse
