إعدادات العرض
Indangagaciro n'imyifatire. - الصفحة 2
Indangagaciro n'imyifatire. - الصفحة 2
6- Iryo ni ibuye ryatawe mu muriro hashize imyaka mirongo irindwi, ubu nibwo rigeze ku ndiba y'umuriro!
12- Ese mbereke ibyatuma Allah abababarira ibyaha byanyu, ndetse akanabazamura mu ntera?
17- Abayoboke banjye bose bazababarirwa usibye abakora ibyaha ku mugaragaro
20- Umwe muri mwe ntaraba umwemera kugeza ubwo azifuriza mugenzi we ibyo nawe yiyifuriza
25- Ubusabe bwo gusaba imbabazi buhatse ubundi
32- Umugabo ntakarebe ubwambure bwa mugenzi we, n'umugore ntakarebe ubwambure bwa mugenzi we
39- Ku munsi w'imperuka bazazana urupfu ruri mu ishusho y'intama y'isekurume
40- Uyu muriro wanyu mukoresha ni igice kimwe mu bice mirongo irindwi by'umuriro wa Djahanamu
41- Umuntu uzambeshyera ku bwende, aziteganyirize icyicaro cye mu muriro
44- Allah yatanze urugero rw'ubuyisilamu abugereranya nk'inzira igororotse
55- {Kandi rwose, kuri uwo munsi muzabazwa ku ngabire (mwahawe muri ku isi)}