إعدادات العرض
Indangagaciro n'imyifatire. - الصفحة 2
Indangagaciro n'imyifatire. - الصفحة 2
1- Umugabo uzambara ihariri hano ku isi ntazayambara ku munsi w'imperuka
4- Zireke kuko nazambaye ibirenge byanjye bifite isuku
14- Allah aba ari hafi cyane y'umugaragu we mu gicuku cy'igice cya nyuma cy'ijoro
23- Iryo ni ibuye ryatawe mu muriro hashize imyaka mirongo irindwi, ubu nibwo rigeze ku ndiba y'umuriro!
30- Ese mbereke ibyatuma Allah abababarira ibyaha byanyu, ndetse akanabazamura mu ntera?
35- Njye mpa umugaragu wanjye nshingiye k'ubyo yizera kuri njye, kandi mporana nawe iyo anzirikanye
40- Abayoboke banjye bose bazababarirwa usibye abakora ibyaha ku mugaragaro
41- Igihe cyose umugaragu ahishiriye mugenzi we hano ku isi, Allah nawe ku munsi w'imperuka azamuhishira
42- Umwe muri mwe ntazapfe, atizera Allah nkuko bikwiye
46- Urugero rw'umuntu usingiza Nyagasani we n'utamusingiza ni nk'urugero rw'umuntu muzima n'uwapfuye
47- Mu byo ntinya mwazagwamo nyuma yanjye ni ukuzafungurirwa imitako y'isi n'ubutunzi bwayo
54- Jya uba ku isi nk'umushyitsi cyangwa se umuntu wihitira
55- Ururimi rwawe ntiruzatane no gusingiza Allah
56- Umwe muri mwe ntaraba umwemera kugeza ubwo azifuriza mugenzi we ibyo nawe yiyifuriza
57- Gutuka umuyisilamu ni ubugizi bwa nabi, no kumurwanya ni ubuhakanyi
61- Umunyabugugu ni wa wundi izina ryanjye rivugwa ahari ntansabire amahoro n'imigisha
65- ALLAHUMA ASW’LIH LII DIINII ALADHI HUWA I’SW’MATU AMRII
67- ALLAHUMA INI AS'ALUKA AL AFIYAT FII DUNIYA WAL AKHIRAT
68- Mana Nyagasani ndagusaba ibyiza byose, ibya vuba n'ibizatinda, ibyo nzi n'ibyo ntazi
74- Ubusabe bwo gusaba imbabazi buhatse ubundi
85- Ese muzi uwashiriwe uwo ari we?
86- Uzavuga imvugo navuze abizi cyangwa akeka ko ari ikinyoma, azaba ari umwe mu babeshyi
93- Umugabo ntakarebe ubwambure bwa mugenzi we, n'umugore ntakarebe ubwambure bwa mugenzi we
