إعدادات العرض
Indangagaciro n'imyifatire. - الصفحة 2
Indangagaciro n'imyifatire. - الصفحة 2
1- Allah aba ari hafi cyane y'umugaragu we mu gicuku cy'igice cya nyuma cy'ijoro
8- Iryo ni ibuye ryatawe mu muriro hashize imyaka mirongo irindwi, ubu nibwo rigeze ku ndiba y'umuriro!
15- Ese mbereke ibyatuma Allah abababarira ibyaha byanyu, ndetse akanabazamura mu ntera?
21- Abayoboke banjye bose bazababarirwa usibye abakora ibyaha ku mugaragaro
29- Umwe muri mwe ntaraba umwemera kugeza ubwo azifuriza mugenzi we ibyo nawe yiyifuriza
34- Umunyabugugu ni wa wundi izina ryanjye rivugwa ahari ntansabire amahoro n'imigisha
38- ALLAHUMA ASW’LIH LII DIINII ALADHI HUWA I’SW’MATU AMRII
40- ALLAHUMA INI AS'ALUKA AL AFIYAT FII DUNIYA WAL AKHIRAT
45- Ubusabe bwo gusaba imbabazi buhatse ubundi
54- Ese muzi uwashiriwe uwo ari we?
55- Uzavuga imvugo navuze abizi cyangwa akeka ko ari ikinyoma, azaba ari umwe mu babeshyi
59- Umugabo ntakarebe ubwambure bwa mugenzi we, n'umugore ntakarebe ubwambure bwa mugenzi we
66- Ku munsi w'imperuka bazazana urupfu ruri mu ishusho y'intama y'isekurume
67- Uyu muriro wanyu mukoresha ni igice kimwe mu bice mirongo irindwi by'umuriro wa Djahanamu
68- Umuntu uzambeshyera ku bwende, aziteganyirize icyicaro cye mu muriro
71- Allah yatanze urugero rw'ubuyisilamu abugereranya nk'inzira igororotse
82- {Kandi rwose, kuri uwo munsi muzabazwa ku ngabire (mwahawe muri ku isi)}