إعدادات العرض
Indangagaciro n'imyifatire.
Indangagaciro n'imyifatire.
2- “Mu by’ukuri, ibiziruye (Halali) birasobanutse kandi n'ibyaziririjwe (Haramu) birasobanutse
4- Umwe muri mwe ntaraba umwemera kugeza ubwo azifuriza mugenzi we ibyo nawe yiyifuriza
5- Mu by'ukuri Allah yategetse kugira neza muri buri cyose gikozwe
9- Umwe muri mwe ntaragira ukwemera cyeretse igihe ibyifuzo bye bigendera munsi y'ibyo nazanye
13- Ururimi rwawe ntirukajye rutandukana no gusingiza Allah
14- Ese mbabwire ibyaha bikuru kuruta ibindi
15- Umuntu nakunda mugenzi we ajye abimubwira ko amukunda
18- Mwirinde ibyaha birindwi birimbura
21- Allah azamwinjiza mu ijuru kubera ibyo yakoze
25- Ijuru riri bugufi n'umwe muri mwe kuruta uko imishumi y'inkweto ze imuri bugufi, n'umuriro ni nk'uko
28- Umuriro uzengurutswe n'ibikorwa by'irari, naho ijuru rizengurutswe n'ingorane n'ibigeragezo
30- Allah agirire impuhwe umuntu woroha igihe agurisha, woroha igihe agura, woroha igihe yishyuza
33- “Mu by’ukuri, ibiziruye (Halali) birasobanutse kandi n'ibyaziririjwe (Haramu) birasobanutse
34- Mu by'ukuri Allah yategetse kugirira neza buri kintu
37- Ntukarakare!
39- Umugaragu wanjye aracumura akavuga ati: “Mana yanjye, mbabarira icyaha cyanjye!
41- Uzimwa koroha azaba yimwe ibyiza
44- Mujye mwirinda gucyeka; kubera ko gucyeka ari ikinyoma kiruta ibindi
45- “Buri gikorwa cyose cyiza ni ituro”
46- Ntuzagire igikorwa cyiza usuzugura kabone n'iyo cyaba ari uguhura n'umuvandimwe wawe umumwenyuriye
48- Uzarangira undi icyiza, azabona ibihembo nk'iby'uwagikoze
49- “Ntimugatuke abapfuye kuko bo bamaze kubona ingororano cyangwa ibihano by'ibyo bakoze.”
51- “Uwaciye amasano n’ubuvandimwe ntazinjira mu ijuru”
52- Umuntu ubunza amagambo ntazinjira ijuru
54- Ahantu umugaragu aba ari bugufi ya Nyagasani we ni igihe aba yubamye, bityo mujye mwongera ubusabe
55- “Uzaba yemera Imana n’umunsi w’imperuka, ajye avuga amagambo meza cyangwa yicecekere
56- Utagiriye impuhwe abantu, Allah Nyir'ubutagatifu nawe ntazazimugirira
57- Mu by'ukuri umuntu Allah yanga kuruta abandi ni umunyamwaga w'umunyempaka nyinshi
60- Kurangwa n'isoni ni kimwe mu bigize ukwemera
61- Ubusabe niko kugaragira Allah
62- Mujye murangwa no kuvugisha ukuri, kubera ko kuganisha mu byiza, n'ibyiza bikaganisha mu ijuru
64- Nta kintu cy'agaciro imbere ya Allah kiruta ubusabe
65- Uzarinda icyubahiro cy'umuvandimwe we, Allah nawe azarinda umuriro uburanga bwe ku munsi w'imperuka
68- Uwo Allah ahitiyemo ibyiza amuha gusobanukirwa mu idini
72- Igihe cyose habayeho koroha mu kintu bikigira cyiza, kandi n'igihe nta koroha kubayemo bikigira kibi
75- Umwiza muri mwe ni ubarusha imico myiza
76- Mu by'ukuri Allah arindiriza umunyamahugu, kugeza ubwo amuguye gitumo ntabe yamucika
77- Ntacyo nasize nyuma yanjye mu bigeragezo kigora abagabo nk'abagore
78- Mujye mworoshya ibintu, ntimukabikomeze, mutange inkuru nziza ntimutange izitera kwiheba
82- Uzasoma imirongo ibiri isoza Suratul Baqarat mu ijoro, izaba imuhagirije
85- Intumwa y'Imana (Imana iyihe amahoro n'imigisha) yabujije kogosha igisage
86- Igihe kimwe twari hamwe na Umar, maze aravuga ati: "Twabujijwe kwigora!
94- Mu by'ukuri ku munsi w'imperuka
95- Ubwo Allah yari amaze kurema ijuru n'umuriro, yohereje Djibril (Imana imwishimire)
