إعدادات العرض
Amategeko agenga imyifatire n'ikinyabupfura.
Amategeko agenga imyifatire n'ikinyabupfura.
1- Umwe muri mwe ntaraba umwemera kugeza ubwo azifuriza mugenzi we ibyo nawe yiyifuriza
2- Mu by'ukuri Allah yategetse kugira neza muri buri cyose gikozwe
5- Ese mbabwire ibyaha bikuru kuruta ibindi
6- Umuntu nakunda mugenzi we ajye abimubwira ko amukunda
7- Mwirinde ibyaha birindwi birimbura
8- Allah agirire impuhwe umuntu woroha igihe agurisha, woroha igihe agura, woroha igihe yishyuza
10- Mu by'ukuri Allah yategetse kugirira neza buri kintu
11- Ntukarakare!
13- Uzimwa koroha azaba yimwe ibyiza
14- Mujye mwirinda gucyeka; kubera ko gucyeka ari ikinyoma kiruta ibindi
15- Ntuzagire igikorwa cyiza usuzugura kabone n'iyo cyaba ari uguhura n'umuvandimwe wawe umumwenyuriye
17- Uzarangira undi icyiza, azabona ibihembo nk'iby'uwagikoze
18- Umuntu ubunza amagambo ntazinjira ijuru
19- “Uzaba yemera Imana n’umunsi w’imperuka, ajye avuga amagambo meza cyangwa yicecekere
20- Utagiriye impuhwe abantu, Allah Nyir'ubutagatifu nawe ntazazimugirira
21- Mu by'ukuri umuntu Allah yanga kuruta abandi ni umunyamwaga w'umunyempaka nyinshi
23- Kurangwa n'isoni ni kimwe mu bigize ukwemera
24- Mujye murangwa no kuvugisha ukuri, kubera ko kuganisha mu byiza, n'ibyiza bikaganisha mu ijuru
25- Uzarinda icyubahiro cy'umuvandimwe we, Allah nawe azarinda umuriro uburanga bwe ku munsi w'imperuka
28- Igihe cyose habayeho koroha mu kintu bikigira cyiza, kandi n'igihe nta koroha kubayemo bikigira kibi
30- Umwiza muri mwe ni ubarusha imico myiza
31- Mu by'ukuri Allah arindiriza umunyamahugu, kugeza ubwo amuguye gitumo ntabe yamucika
32- Mujye mworoshya ibintu, ntimukabikomeze, mutange inkuru nziza ntimutange izitera kwiheba
34- Intumwa y'Imana (Imana iyihe amahoro n'imigisha) yabujije kogosha igisage
35- Igihe kimwe twari hamwe na Umar, maze aravuga ati: "Twabujijwe kwigora!
38- Igihe cyose umugaragu ahishiriye mugenzi we hano ku isi, Allah nawe ku munsi w'imperuka azamuhishira
41- Umwe muri mwe ntaraba umwemera kugeza ubwo azifuriza mugenzi we ibyo nawe yiyifuriza
42- Gutuka umuyisilamu ni ubugizi bwa nabi, no kumurwanya ni ubuhakanyi
45- Ese muzi uwashiriwe uwo ari we?
46- Uzavuga imvugo navuze abizi cyangwa akeka ko ari ikinyoma, azaba ari umwe mu babeshyi
48- Umugabo ntakarebe ubwambure bwa mugenzi we, n'umugore ntakarebe ubwambure bwa mugenzi we
50- Umuntu uzambeshyera ku bwende, aziteganyirize icyicaro cye mu muriro
51- Mu bitunganya ubuyisilamu bw’umuntu ni uko areka ibitamureba
