إعدادات العرض
Amazina n'amategeko.
Amazina n'amategeko.
1- Ubuyisilamu bwubakiye ku nkingi eshanu
2- Uzagira ibihimbano azana muri iri dini ryacu bitaririmo, bizamugarukira
4- Ubajije ikintu gihambaye, ariko kuri wa wundi Allah yorohereje kiroroshye
5- Umwe muri mwe ntaragira ukwemera cyeretse igihe ibyifuzo bye bigendera munsi y'ibyo nazanye
7- Mana Nyagasani imva yanjye ntuzayigire ahakorerwa ibangikanyamana
8- Uzarahira ku kindi kitari Allah azaba ahakanye cyangwa se akoze ibangikanyamana
13- “Uzazana igihimbano mu idini ryacu kitayirimo, kizamugarukira
15- Uzajya ku mupfumu akagira icyo amubaza, iswala ze azakora mu minsi mirongo ine ntabwo zizemerwa!
19- Ubuyisilamu bwubakiye ku nkingi eshanu
24- Mu by'ukuri hagati y'umuntu n'ibangikanyamana n'ubuhakanyi ni ukuba yareka iswalat
25- Isezerano riri hagati yacu nabo ni iswalat, bityo uzarireka azaba ahakanye
29- Yemwe bantu!, mujye mwirinda gukabya mu idini, kubera ko ababanjirije boretswe no gukabya mu idini!
33- Afite intsinzi niba ari kuvugisha ukuri
35- Umbajije ikintu gihambaye ariko kiroroshye kuwo Allah yacyorohereje
38- Ntabwo ari muri twe wa wundi wikubita ku matama, akiciraho imyambaro, agahamagarira ibya kijiji
41- Uzarahira ku ndagizo ntari kumwe natwe
48- Wabaye umuyisilamu ufite n'ibyiza wakoze mbere
53- Kandi njye ndi Dwimam Ibun Tha'alabat, umuvandimwe wa bene Saadi Ibun Bak'ri
54- Abayahudi bararakariwe, n'abanaswara barayobye
56- Rwose ibyo uvuga ndetse uhamagarira ni byiza, iyaba watubwiraga niba ibyo twakoze hari icyiru byaba
59- Uzadutunga intwaro cyangwa se akayitubanguraho, uwo ntabwo ari muri twe
