إعدادات العرض
Imyimerere n'imyizerere. - الصفحة 2
Imyimerere n'imyizerere. - الصفحة 2
3- Abamalayika ntibajya binjira mu rugo rwororewemo imbwa ndetse rurimo n'amashusho
4- Abamalayika ntibaherekeza abantu bagendana n'imbwa cyangwa bafite inzogera
5- Ntimukarahire ku nkozi z'ibibi no ku bakurambere banyu
12- Allah niwe ukwiye gushimwa no gusingizwa we uburijemo ibishuko bya Shaytwani
15- Wabaye umuyisilamu ufite n'ibyiza wakoze mbere
23- Imperuka ntizabaho kugeza ubwo ibihe bizegerana
28- Ku munsi w'imperuka bazazana urupfu ruri mu ishusho y'intama y'isekurume
29- Uyu muriro wanyu mukoresha ni igice kimwe mu bice mirongo irindwi by'umuriro wa Djahanamu
31- Buri kintu cyose kiba cyaragenwe, n'ubunebwe no kugira ibakwe cyangwa se kugira ibakwe n'ubunebwe
32- Iyo Allah ageneye umugaragu we ko apfira ahantu, ashyiraho impamvu ituma ajya aho hantu
33- Kandi njye ndi Dwimam Ibun Tha'alabat, umuvandimwe wa bene Saadi Ibun Bak'ri
36- Intumwa y'Imana (Imana iyihe amahoro n'imigisha) yahawe ubutumwa ifite imyaka mirongo ine
37- Abayahudi bararakariwe, n'abanaswara barayobye
41- Rwose ibyo uvuga ndetse uhamagarira ni byiza, iyaba watubwiraga niba ibyo twakoze hari icyiru byaba
43- {Kandi rwose, kuri uwo munsi muzabazwa ku ngabire (mwahawe muri ku isi)}
50- Uzadutunga intwaro cyangwa se akayitubanguraho, uwo ntabwo ari muri twe