إعدادات العرض
Imyimerere n'imyizerere. - الصفحة 2
Imyimerere n'imyizerere. - الصفحة 2
3- Ese muzi uwashiriwe uwo ari we?
5- Nta muntu n'umwe muri mwe uretse ko azavugishwa na Allah, nta musemuzi
6- Umuntu uzambara impigi azaba akoze ibangikanyamana
9- Abamalayika ntibajya binjira mu rugo rwororewemo imbwa ndetse rurimo n'amashusho
10- Abamalayika ntibaherekeza abantu bagendana n'imbwa cyangwa bafite inzogera
11- Ntimukarahire ku nkozi z'ibibi no ku bakurambere banyu
18- Allah niwe ukwiye gushimwa no gusingizwa we uburijemo ibishuko bya Shaytwani
21- Wabaye umuyisilamu ufite n'ibyiza wakoze mbere
29- Imperuka ntizabaho kugeza ubwo ibihe bizegerana
34- Ku munsi w'imperuka bazazana urupfu ruri mu ishusho y'intama y'isekurume
35- Uyu muriro wanyu mukoresha ni igice kimwe mu bice mirongo irindwi by'umuriro wa Djahanamu
37- Buri kintu cyose kiba cyaragenwe, n'ubunebwe no kugira ibakwe cyangwa se kugira ibakwe n'ubunebwe
38- Iyo Allah ageneye umugaragu we ko apfira ahantu, ashyiraho impamvu ituma ajya aho hantu
39- Kandi njye ndi Dwimam Ibun Tha'alabat, umuvandimwe wa bene Saadi Ibun Bak'ri
42- Intumwa y'Imana (Imana iyihe amahoro n'imigisha) yahawe ubutumwa ifite imyaka mirongo ine
43- Abayahudi bararakariwe, n'abanaswara barayobye
47- Rwose ibyo uvuga ndetse uhamagarira ni byiza, iyaba watubwiraga niba ibyo twakoze hari icyiru byaba
49- {Kandi rwose, kuri uwo munsi muzabazwa ku ngabire (mwahawe muri ku isi)}
56- Uzadutunga intwaro cyangwa se akayitubanguraho, uwo ntabwo ari muri twe