إعدادات العرض
Imyimerere n'imyizerere. - الصفحة 2
Imyimerere n'imyizerere. - الصفحة 2
2- Ndahiye k'ufite roho yanjye mu kuboko kwe ko muzakomeza gukurikira imigenzo y'abababanjirije
5- Mwene Adamu arampinyura kandi bidakwiye, aranantuka kandi ntibikwiye
8- Ese muzi uwashiriwe uwo ari we?
10- Nta muntu n'umwe muri mwe uretse ko azavugishwa na Allah, nta musemuzi
11- Umuntu uzambara impigi azaba akoze ibangikanyamana
14- Abamalayika ntibajya binjira mu rugo rwororewemo imbwa ndetse rurimo n'amashusho
15- Abamalayika ntibaherekeza abantu bagendana n'imbwa cyangwa bafite inzogera
16- Ntimukarahire ku nkozi z'ibibi no ku bakurambere banyu
23- Allah niwe ukwiye gushimwa no gusingizwa we uburijemo ibishuko bya Shaytwani
26- Wabaye umuyisilamu ufite n'ibyiza wakoze mbere
34- Imperuka ntizabaho kugeza ubwo ibihe bizegerana
39- Ku munsi w'imperuka bazazana urupfu ruri mu ishusho y'intama y'isekurume
40- Uyu muriro wanyu mukoresha ni igice kimwe mu bice mirongo irindwi by'umuriro wa Djahanamu
42- Buri kintu cyose kiba cyaragenwe, n'ubunebwe no kugira ibakwe cyangwa se kugira ibakwe n'ubunebwe
43- Iyo Allah ageneye umugaragu we ko apfira ahantu, ashyiraho impamvu ituma ajya aho hantu
44- Kandi njye ndi Dwimam Ibun Tha'alabat, umuvandimwe wa bene Saadi Ibun Bak'ri
47- Intumwa y'Imana (Imana iyihe amahoro n'imigisha) yahawe ubutumwa ifite imyaka mirongo ine
48- Abayahudi bararakariwe, n'abanaswara barayobye
52- Rwose ibyo uvuga ndetse uhamagarira ni byiza, iyaba watubwiraga niba ibyo twakoze hari icyiru byaba
54- {Kandi rwose, kuri uwo munsi muzabazwa ku ngabire (mwahawe muri ku isi)}
61- Uzadutunga intwaro cyangwa se akayitubanguraho, uwo ntabwo ari muri twe
