إعدادات العرض
Imyimerere n'imyizerere. - الصفحة 2
Imyimerere n'imyizerere. - الصفحة 2
3- Ndahiye k'ufite roho yanjye mu kuboko kwe ko muzakomeza gukurikira imigenzo y'abababanjirije
6- Mwene Adamu arampinyura kandi bidakwiye, aranantuka kandi ntibikwiye
9- Ese muzi uwashiriwe uwo ari we?
11- Nta muntu n'umwe muri mwe uretse ko azavugishwa na Allah, nta musemuzi
12- Umuntu uzambara impigi azaba akoze ibangikanyamana
16- Abamalayika ntibajya binjira mu rugo rwororewemo imbwa ndetse rurimo n'amashusho
17- Abamalayika ntibaherekeza abantu bagendana n'imbwa cyangwa bafite inzogera
18- Ntimukarahire ku nkozi z'ibibi no ku bakurambere banyu
19- Uzarahira ku ndagizo ntari kumwe natwe
24- Hasan na Husen ni bo batware b'abasore bazinjira mu ijuru
29- Allah niwe ukwiye gushimwa no gusingizwa we uburijemo ibishuko bya Shaytwani
32- Wabaye umuyisilamu ufite n'ibyiza wakoze mbere
40- Imperuka ntizabaho kugeza ubwo ibihe bizegerana
45- Ku munsi w'imperuka bazazana urupfu ruri mu ishusho y'intama y'isekurume
46- Uyu muriro wanyu mukoresha ni igice kimwe mu bice mirongo irindwi by'umuriro wa Djahanamu
48- Buri kintu cyose kiba cyaragenwe, n'ubunebwe no kugira ibakwe cyangwa se kugira ibakwe n'ubunebwe
49- Iyo Allah ageneye umugaragu we ko apfira ahantu, ashyiraho impamvu ituma ajya aho hantu
50- Kandi njye ndi Dwimam Ibun Tha'alabat, umuvandimwe wa bene Saadi Ibun Bak'ri
53- Intumwa y'Imana (Imana iyihe amahoro n'imigisha) yahawe ubutumwa ifite imyaka mirongo ine
54- Abayahudi bararakariwe, n'abanaswara barayobye
58- Rwose ibyo uvuga ndetse uhamagarira ni byiza, iyaba watubwiraga niba ibyo twakoze hari icyiru byaba
60- {Kandi rwose, kuri uwo munsi muzabazwa ku ngabire (mwahawe muri ku isi)}
67- Uzadutunga intwaro cyangwa se akayitubanguraho, uwo ntabwo ari muri twe
