إعدادات العرض
Imyimerere n'imyizerere. - الصفحة 2
Imyimerere n'imyizerere. - الصفحة 2
1- Umunsi mwiza izuba ryarasheho ni umunsi wa gatanu (Idjuma)
2- Igihe cyose umugaragu ahishiriye mugenzi we hano ku isi, Allah nawe ku munsi w'imperuka azamuhishira
8- Umbajije ikintu gihambaye ariko kiroroshye kuwo Allah yacyorohereje
12- Ndaha ibendera umugabo ukunda Allah n'Intumwa ye, Allah azahesha intsinzi
14- Ntabwo ari muri twe wa wundi wikubita ku matama, akiciraho imyambaro, agahamagarira ibya kijiji
17- Ndahiye k'ufite roho yanjye mu kuboko kwe ko muzakomeza gukurikira imigenzo y'abababanjirije
20- Mwene Adamu arampinyura kandi bidakwiye, aranantuka kandi ntibikwiye
23- Ese muzi uwashiriwe uwo ari we?
25- Nta muntu n'umwe muri mwe uretse ko azavugishwa na Allah, nta musemuzi
26- Umuntu uzambara impigi azaba akoze ibangikanyamana
30- Abamalayika ntibajya binjira mu rugo rwororewemo imbwa ndetse rurimo n'amashusho
31- Abamalayika ntibaherekeza abantu bagendana n'imbwa cyangwa bafite inzogera
32- Ntimukarahire ku nkozi z'ibibi no ku bakurambere banyu
33- Uzarahira ku ndagizo ntari kumwe natwe
38- Hasan na Husen ni bo batware b'abasore bazinjira mu ijuru
43- Allah niwe ukwiye gushimwa no gusingizwa we uburijemo ibishuko bya Shaytwani
46- Wabaye umuyisilamu ufite n'ibyiza wakoze mbere
54- Imperuka ntizabaho kugeza ubwo ibihe bizegerana
59- Ku munsi w'imperuka bazazana urupfu ruri mu ishusho y'intama y'isekurume
60- Uyu muriro wanyu mukoresha ni igice kimwe mu bice mirongo irindwi by'umuriro wa Djahanamu
62- Buri kintu cyose kiba cyaragenwe, n'ubunebwe no kugira ibakwe cyangwa se kugira ibakwe n'ubunebwe
63- Iyo Allah ageneye umugaragu we ko apfira ahantu, ashyiraho impamvu ituma ajya aho hantu
64- Kandi njye ndi Dwimam Ibun Tha'alabat, umuvandimwe wa bene Saadi Ibun Bak'ri
67- Intumwa y'Imana (Imana iyihe amahoro n'imigisha) yahawe ubutumwa ifite imyaka mirongo ine
68- Abayahudi bararakariwe, n'abanaswara barayobye
72- Rwose ibyo uvuga ndetse uhamagarira ni byiza, iyaba watubwiraga niba ibyo twakoze hari icyiru byaba
74- {Kandi rwose, kuri uwo munsi muzabazwa ku ngabire (mwahawe muri ku isi)}
81- Uzadutunga intwaro cyangwa se akayitubanguraho, uwo ntabwo ari muri twe
