إعدادات العرض
Amategeko y'idini n'amahame remezo yayo. - الصفحة 2
Amategeko y'idini n'amahame remezo yayo. - الصفحة 2
9- Nta swalat y'umuntu utasomye Suratul Fatihat ibanziriza izindi surat muri Qur'an
11- Umuntu uzaba ashaka kujya mu iswalat y'imbaga y'umunsi wa gatanu (Idjuma) ajye yiyuhagira
15- Mwese muri abashumba, kandi mwese muzabazwa ibyo mwaragijwe
21- Nta n'umwe usali mbere y'uko izuba rirasa cyangwa se rirenga uzigera yinjira mu muriro
26- Nta muntu n'umwe muri mwe uretse ko azavugishwa na Allah, nta musemuzi
27- Amazi y'inyanja aba afite isuku, n'ibyipfishije byayo biba biziruye
28- Iyo amazi agejeje ku gipimo cya Qulatayni, nta sigarana umwanda
36- Tegereza igihe kingana n'igihe wamaraga mu mihango, nurangiza wiyuhagire
40- Umwe muri mwe nta gasali mu mwambaro umwe, nta kintu yiteye ku ntugu
41- Nuba wubamye ujye ushyira hasi ibiganza, hanyuma uzamure inkokora zawe
44- Uzasoma Ayatul Kursiy nyuma ya buri swalat y'itegeko, nta kizamubuza kwinjira mu ijuru usibye urupfu
53- Yaravumwe wa wundi uzagirana imibonano mpuzabitsina n'umugore we mu kibuno
60- Muzarwanye ababangikanyamana n'imitungo yanyu, namwe ubwanyu ndetse n'indimi zanyu
63- Iyo Allah ageneye umugaragu we ko apfira ahantu, ashyiraho impamvu ituma ajya aho hantu
64- Kandi njye ndi Dwimam Ibun Tha'alabat, umuvandimwe wa bene Saadi Ibun Bak'ri
65- Intumwa y'Imana (Imana iyihe amahoro n'imigisha) yajyaga yisukura (Udhu) buri uko igiye gusali
66- Intumwa y'Imana (Imana iyihe amahoro n'imigisha) yajyaga itawaza inshuro imwe imwe
67- Intumwa y'Imana (Imana iyihe amahoro n'imigisha) yatawaje inshuro ebyiri ebyiri
72- Uzubaka umusigiti kubera Allah, Allah azamwubakira umeze nkawo mu ijuru
74- Umwe muri mwe niyinjira mu musigiti, ajye asali raka ebyiri mbere y'uko yicara
76- Yewe Bilali, tangaza ko iswalat itangiye, tuyiruhukiremo!
77- Yemwe bantu! Ibi nabikoze kugira ngo mufate isomo mwige uko iswalat ikorwa
82- Intumwa y'Imana (Imana iyihe amahoro n'imigisha) nyuma ya buri swalat y'itegeko
91- Ibi byombi ni ikizira ku gitsinagabo mu bayoboke banjye, ariko biziruriwe igitsinagore muri bo
92- Mu by'ukuri Allah yaziririje kugurisha inzoga, n'ibyipfishije, n'ingurube ndetse n'ibigirwamana
94- Yabujije kurya buri nyamaswa ifite imikaka, na buri ikiguruka cyose cyatuye inzara
96- Uzadutunga intwaro cyangwa se akayitubanguraho, uwo ntabwo ari muri twe
