إعدادات العرض
Amategeko y'idini n'amahame remezo yayo.
Amategeko y'idini n'amahame remezo yayo.
2- Nta swalat ibyo kurya byamaze gutegurwa, cyangwa se umuntu yakubwe (yifuza kujya mu bwiherero
5- Mujye mugabanya ubwanwa bwo hejuru, mutereke ubwo hasi
7- Mana Nyagasani imva yanjye ntuzayigire ahakorerwa ibangikanyamana
10- Koza mu kanwa birahasuhura, ndetse bishimisha Allah Umuremyi
16- “Mu by’ukuri, ibiziruye (Halali) birasobanutse kandi n'ibyaziririjwe (Haramu) birasobanutse
17- Mu by'ukuri Allah yategetse kugirira neza buri kintu
20- Mu by'ukuri imitongero, n'amahirizi n'inzaratsi ni ibangikanyamana
21- “Ntimugatuke abapfuye kuko bo bamaze kubona ingororano cyangwa ibihano by'ibyo bakoze.”
22- Uzasali iswalat yo mu rucyerera (A-Swub'hi) azaba ari mu burinzi bwa Allah
26- Allah yaravuze ati: Yewe mwene Adamu, jya utanga mu byo naguhaye, nanjye nzajya nguha ibyo ucyeneye
28- Intumwa y'Imana (Imana iyihe amahoro n'imigisha) yajyaga ivuga aya magambo nyuma ya buri swalat
30- Uzareka gusali iswala yo ku gicamunsi (Al Asr) ibikorwa bye bizaba imfabusa!
32- Iyo umugabo ahaye ab'iwe ibibatunga yiringiye kuzabihemberwa na Allah, yandikirwa ko atanze ituro
33- Intumwa y'Imana (Imana iyihe amahoro n'imigisha) yabujije kogosha igisage
34- Ntimukicare hejuru y'imva kandi ntimugasari mwerekeye ku mva
36- Nategetswe kubama ku ngingo zirindwi
39- Jya usali uhagaze, nutabishobora wicare, nutabishobora usali uryamiye urubavu
41- Intumwa y'Imana (Imana iyihe amahoro n'imigisha) yatwigishije Khutw'batul Hadjat
42- Nta gushyingiranwa kwakemerwa cyeretse hari uhagarariye umugore (Waly)
45- Ubuyisilamu bwubakiye ku nkingi eshanu
48- Ibihano bikomeye bizabona abisukura (udhu) ntibabikore neza, mujye mwisukura (Udhu) mu buryo bwuzuye
50- Uzibagirwa iswalat, azayisali igihe ayibukiye, nta kindi cyiru cyayo uretse icyo
51- Mu by'ukuri hagati y'umuntu n'ibangikanyamana n'ubuhakanyi ni ukuba yareka iswalat
52- Isezerano riri hagati yacu nabo ni iswalat, bityo uzarireka azaba ahakanye
56- Urubanza rwa mbere na mbere ruzacibwa hagati y'abantu ku munsi w'imperuka ni urugendanye n'amaraso
57- Urwana aharanira ko ijambo rya Allah ari ryo riganza, uwo aba aharanira inzira ya Allah
58- Nimwumva umuhamagaro (Adhana), mujye musubiramo amagambo uhamagara avuze
59- Zireke kuko nazambaye ibirenge byanjye bifite isuku
61- Mujye mugorora imirongo yanyu, kubera ko kuyigorora ari bimwe mu bituma iswalat yuzura
64- Nafashe mumutwe Rakat icumi nzikuye ku Ntumwa y'Imana (Imana iyihe amahoro n'imigisha)
66- Umwemeramana ntakange umwemeramanakazi, nagira imico mibi atamushimaho, azagira indi amushimaho
73- ALLAHUMA BA'ID BAYNII WA BAYNA KHATWAYAYA KAMA BA'ADTA BAYNAL MASH'RIQ WAL MAGHR'IB
74- Imbwa ninywera mu gikoresho cyo kunyweramo cy'umwe muri mwe, azacyoze inshuro zirindwi
77- UBURYO KWIYUHAGIRA IJANABA BIKORWA.
83- atawaza imbere yabo nk'uko Intumwa y'Imana (Imana iyihe amahoro n'imigisha) yabigenje
87- Uzasali iswalat ebyiri zo mu bihe by'imbeho, azinjira mu ijuru
93- Nta swalat y'umuntu utasomye Suratul Fatihat ibanziriza izindi surat muri Qur'an
95- Mwese muri abashumba, kandi mwese muzabazwa ibyo mwaragijwe