إعدادات العرض
Amategeko ajyanye n'ibikorwa by'amasengesho (Ibadat).
Amategeko ajyanye n'ibikorwa by'amasengesho (Ibadat).
2- Nta swalat ibyo kurya byamaze gutegurwa, cyangwa se umuntu yakubwe (yifuza kujya mu bwiherero
5- Mujye mugabanya ubwanwa bwo hejuru, mutereke ubwo hasi
7- Mana Nyagasani imva yanjye ntuzayigire ahakorerwa ibangikanyamana
10- Koza mu kanwa birahasuhura, ndetse bishimisha Allah Umuremyi
14- “Ntimugatuke abapfuye kuko bo bamaze kubona ingororano cyangwa ibihano by'ibyo bakoze.”
15- Uzasali iswalat yo mu rucyerera (A-Swub'hi) azaba ari mu burinzi bwa Allah
17- Allah yaravuze ati: Yewe mwene Adamu, jya utanga mu byo naguhaye, nanjye nzajya nguha ibyo ucyeneye
18- Intumwa y'Imana (Imana iyihe amahoro n'imigisha) yajyaga ivuga aya magambo nyuma ya buri swalat
20- Uzareka gusali iswala yo ku gicamunsi (Al Asr) ibikorwa bye bizaba imfabusa!
22- Ntimukicare hejuru y'imva kandi ntimugasari mwerekeye ku mva
24- Nategetswe kubama ku ngingo zirindwi
27- Jya usali uhagaze, nutabishobora wicare, nutabishobora usali uryamiye urubavu
30- Ubuyisilamu bwubakiye ku nkingi eshanu
33- Ibihano bikomeye bizabona abisukura (udhu) ntibabikore neza, mujye mwisukura (Udhu) mu buryo bwuzuye
35- Uzibagirwa iswalat, azayisali igihe ayibukiye, nta kindi cyiru cyayo uretse icyo
36- Mu by'ukuri hagati y'umuntu n'ibangikanyamana n'ubuhakanyi ni ukuba yareka iswalat
37- Isezerano riri hagati yacu nabo ni iswalat, bityo uzarireka azaba ahakanye
39- Urwana aharanira ko ijambo rya Allah ari ryo riganza, uwo aba aharanira inzira ya Allah
40- Nimwumva umuhamagaro (Adhana), mujye musubiramo amagambo uhamagara avuze
41- Zireke kuko nazambaye ibirenge byanjye bifite isuku
43- Mujye mugorora imirongo yanyu, kubera ko kuyigorora ari bimwe mu bituma iswalat yuzura
45- Nafashe mumutwe Rakat icumi nzikuye ku Ntumwa y'Imana (Imana iyihe amahoro n'imigisha)
53- ALLAHUMA BA'ID BAYNII WA BAYNA KHATWAYAYA KAMA BA'ADTA BAYNAL MASH'RIQ WAL MAGHR'IB
54- Imbwa ninywera mu gikoresho cyo kunyweramo cy'umwe muri mwe, azacyoze inshuro zirindwi
57- UBURYO KWIYUHAGIRA IJANABA BIKORWA.
62- atawaza imbere yabo nk'uko Intumwa y'Imana (Imana iyihe amahoro n'imigisha) yabigenje
70- Uzasali iswalat ebyiri zo mu bihe by'imbeho, azinjira mu ijuru
78- Nta swalat y'umuntu utasomye Suratul Fatihat ibanziriza izindi surat muri Qur'an
86- Nta n'umwe usali mbere y'uko izuba rirasa cyangwa se rirenga uzigera yinjira mu muriro
91- Nta muntu n'umwe muri mwe uretse ko azavugishwa na Allah, nta musemuzi
92- Amazi y'inyanja aba afite isuku, n'ibyipfishije byayo biba biziruye
93- Iyo amazi agejeje ku gipimo cya Qulatayni, nta sigarana umwanda
100- Tegereza igihe kingana n'igihe wamaraga mu mihango, nurangiza wiyuhagire