إعدادات العرض
Amategeko ajyanye n'ibikorwa by'amasengesho (Ibadat).
Amategeko ajyanye n'ibikorwa by'amasengesho (Ibadat).
1- Ubuyisilamu bwubakiye ku nkingi eshanu
5- Nta swalat ibyo kurya byamaze gutegurwa, cyangwa se umuntu yakubwe (yifuza kujya mu bwiherero
8- Mujye mugabanya ubwanwa bwo hejuru, mutereke ubwo hasi
10- Mana Nyagasani imva yanjye ntuzayigire ahakorerwa ibangikanyamana
13- Koza mu kanwa birahasuhura, ndetse bishimisha Allah Umuremyi
17- “Ntimugatuke abapfuye kuko bo bamaze kubona ingororano cyangwa ibihano by'ibyo bakoze.”
18- Uzasali iswalat yo mu rucyerera (A-Swub'hi) azaba ari mu burinzi bwa Allah
20- Allah yaravuze ati: Yewe mwene Adamu, jya utanga mu byo naguhaye, nanjye nzajya nguha ibyo ucyeneye
21- Intumwa y'Imana (Imana iyihe amahoro n'imigisha) yajyaga ivuga aya magambo nyuma ya buri swalat
23- Uzareka gusali iswala yo ku gicamunsi (Al Asr) ibikorwa bye bizaba imfabusa!
25- Ntimukicare hejuru y'imva kandi ntimugasari mwerekeye ku mva
27- Nategetswe kubama ku ngingo zirindwi
30- Jya usali uhagaze, nutabishobora wicare, nutabishobora usali uryamiye urubavu
33- Ubuyisilamu bwubakiye ku nkingi eshanu
36- Ibihano bikomeye bizabona abisukura (udhu) ntibabikore neza, mujye mwisukura (Udhu) mu buryo bwuzuye
38- Uzibagirwa iswalat, azayisali igihe ayibukiye, nta kindi cyiru cyayo uretse icyo
39- Mu by'ukuri hagati y'umuntu n'ibangikanyamana n'ubuhakanyi ni ukuba yareka iswalat
40- Isezerano riri hagati yacu nabo ni iswalat, bityo uzarireka azaba ahakanye
42- Urwana aharanira ko ijambo rya Allah ari ryo riganza, uwo aba aharanira inzira ya Allah
43- Nimwumva umuhamagaro (Adhana), mujye musubiramo amagambo uhamagara avuze
44- Zireke kuko nazambaye ibirenge byanjye bifite isuku
46- Mujye mugorora imirongo yanyu, kubera ko kuyigorora ari bimwe mu bituma iswalat yuzura
48- Nafashe mumutwe Rakat icumi nzikuye ku Ntumwa y'Imana (Imana iyihe amahoro n'imigisha)
56- ALLAHUMA BA'ID BAYNII WA BAYNA KHATWAYAYA KAMA BA'ADTA BAYNAL MASH'RIQ WAL MAGHR'IB
57- Imbwa ninywera mu gikoresho cyo kunyweramo cy'umwe muri mwe, azacyoze inshuro zirindwi
60- UBURYO KWIYUHAGIRA IJANABA BIKORWA.
66- atawaza imbere yabo nk'uko Intumwa y'Imana (Imana iyihe amahoro n'imigisha) yabigenje
78- Nta birenge by'umugaragu byagiyeho ivumbi ari guharanira inzira ya Allah, bizagerwaho n'umuriro
79- Uzasali iswalat ebyiri zo mu bihe by'imbeho, azinjira mu ijuru
87- Nta swalat y'umuntu utasomye Suratul Fatihat ibanziriza izindi surat muri Qur'an
89- Umuntu uzaba ashaka kujya mu iswalat y'imbaga y'umunsi wa gatanu (Idjuma) ajye yiyuhagira
95- Nta n'umwe usali mbere y'uko izuba rirasa cyangwa se rirenga uzigera yinjira mu muriro
100- Nta muntu n'umwe muri mwe uretse ko azavugishwa na Allah, nta musemuzi
