إعدادات العرض
Amategeko y'idini n'amahame remezo yayo.
Amategeko y'idini n'amahame remezo yayo.
2- Ubuyisilamu bwubakiye ku nkingi eshanu
3- Jya ureka gukora ibyo ushidikanyaho, ukore ibyo udashidikanyamo
4- Mu by'ukuri Allah yategetse kugira neza muri buri cyose gikozwe
7- Ntimukabangame cyangwa ngo mubangamire abandi
9- BURI GISINDISHA KIRAZIRIRIJWE.
11- Nta swalat ibyo kurya byamaze gutegurwa, cyangwa se umuntu yakubwe (yifuza kujya mu bwiherero
14- Mujye mugabanya ubwanwa bwo hejuru, mutereke ubwo hasi
16- Mana Nyagasani imva yanjye ntuzayigire ahakorerwa ibangikanyamana
19- Koza mu kanwa birahasuhura, ndetse bishimisha Allah Umuremyi
25- “Mu by’ukuri, ibiziruye (Halali) birasobanutse kandi n'ibyaziririjwe (Haramu) birasobanutse
26- Mu by'ukuri Allah yategetse kugirira neza buri kintu
29- Mu by'ukuri imitongero, n'amahirizi n'inzaratsi ni ibangikanyamana
30- “Ntimugatuke abapfuye kuko bo bamaze kubona ingororano cyangwa ibihano by'ibyo bakoze.”
31- Uzasali iswalat yo mu rucyerera (A-Swub'hi) azaba ari mu burinzi bwa Allah
35- Allah yaravuze ati: Yewe mwene Adamu, jya utanga mu byo naguhaye, nanjye nzajya nguha ibyo ucyeneye
37- Intumwa y'Imana (Imana iyihe amahoro n'imigisha) yajyaga ivuga aya magambo nyuma ya buri swalat
39- Uzareka gusali iswala yo ku gicamunsi (Al Asr) ibikorwa bye bizaba imfabusa!
41- Iyo umugabo ahaye ab'iwe ibibatunga yiringiye kuzabihemberwa na Allah, yandikirwa ko atanze ituro
42- Intumwa y'Imana (Imana iyihe amahoro n'imigisha) yabujije kogosha igisage
43- Ntimukicare hejuru y'imva kandi ntimugasari mwerekeye ku mva
45- Nategetswe kubama ku ngingo zirindwi
48- Jya usali uhagaze, nutabishobora wicare, nutabishobora usali uryamiye urubavu
50- Intumwa y'Imana (Imana iyihe amahoro n'imigisha) yatwigishije Khutw'batul Hadjat
51- Nta gushyingiranwa kwakemerwa cyeretse hari uhagarariye umugore (Waly)
54- Ubuyisilamu bwubakiye ku nkingi eshanu
57- Ibihano bikomeye bizabona abisukura (udhu) ntibabikore neza, mujye mwisukura (Udhu) mu buryo bwuzuye
59- Uzibagirwa iswalat, azayisali igihe ayibukiye, nta kindi cyiru cyayo uretse icyo
60- Mu by'ukuri hagati y'umuntu n'ibangikanyamana n'ubuhakanyi ni ukuba yareka iswalat
61- Isezerano riri hagati yacu nabo ni iswalat, bityo uzarireka azaba ahakanye
65- Urubanza rwa mbere na mbere ruzacibwa hagati y'abantu ku munsi w'imperuka ni urugendanye n'amaraso
66- Urwana aharanira ko ijambo rya Allah ari ryo riganza, uwo aba aharanira inzira ya Allah
67- Nimwumva umuhamagaro (Adhana), mujye musubiramo amagambo uhamagara avuze
68- Zireke kuko nazambaye ibirenge byanjye bifite isuku
70- Mujye mugorora imirongo yanyu, kubera ko kuyigorora ari bimwe mu bituma iswalat yuzura
73- Nafashe mumutwe Rakat icumi nzikuye ku Ntumwa y'Imana (Imana iyihe amahoro n'imigisha)
75- Umwemeramana ntakange umwemeramanakazi, nagira imico mibi atamushimaho, azagira indi amushimaho
82- ALLAHUMA BA'ID BAYNII WA BAYNA KHATWAYAYA KAMA BA'ADTA BAYNAL MASH'RIQ WAL MAGHR'IB
83- Imbwa ninywera mu gikoresho cyo kunyweramo cy'umwe muri mwe, azacyoze inshuro zirindwi
86- UBURYO KWIYUHAGIRA IJANABA BIKORWA.
93- atawaza imbere yabo nk'uko Intumwa y'Imana (Imana iyihe amahoro n'imigisha) yabigenje
