إعدادات العرض
Imyimerere n'imyizerere.
Imyimerere n'imyizerere.
3- Mana Nyagasani imva yanjye ntuzayigire ahakorerwa ibangikanyamana
7- Uzarahira ku kindi kitari Allah azaba ahakanye cyangwa se akoze ibangikanyamana
14- Allah azamwinjiza mu ijuru kubera ibyo yakoze
16- Uzapfa asaba ikindi kitari Allah mu cyimbo cya Allah azinjira mu muriro
17- Baroramye abakabya mu idini
19- Uwo Allah ashakiye ibyiza, aramugerageza
24- “Uzazana igihimbano mu idini ryacu kitayirimo, kizamugarukira
27- Umuryango wanjye (umat) wose uzinjira mu ijuru, uretse utazabishaka
28- Uzisanisha n’itsinda cyangwa se abantu runaka azabarirwa muri bo
31- Uzabangamira mugenzi we, Allah nawe azatuma abangamirwa, n'uzamubuza amahoro Allah nawe azayamubuza
33- Mu by'ukuri Allah arindiriza umunyamahugu, kugeza ubwo amuguye gitumo ntabe yamucika
36- Uzajya ku mupfumu akagira icyo amubaza, iswala ze azakora mu minsi mirongo ine ntabwo zizemerwa!
39- Ntihagire icyo musiga mu ijosi ry'ingamiya nk'ikiziriko n'indi migozi mutagiciye
45- Ntimukicare hejuru y'imva kandi ntimugasari mwerekeye ku mva
47- Ubuyisilamu bwubakiye ku nkingi eshanu
56- Mu by'ukuri ku munsi w'imperuka
57- Ubwo Allah yari amaze kurema ijuru n'umuriro, yohereje Djibril (Imana imwishimire)
60- Mu by'ukuri hagati y'umuntu n'ibangikanyamana n'ubuhakanyi ni ukuba yareka iswalat
61- Isezerano riri hagati yacu nabo ni iswalat, bityo uzarireka azaba ahakanye
62- Mu by'ukuri Allah Nyir'ubutagatifu ababuza kurahira ku babyeyi banyu
63- Urubanza rwa mbere na mbere ruzacibwa hagati y'abantu ku munsi w'imperuka ni urugendanye n'amaraso
67- Buri muntu aba ari mu idini ry'umukunzi we, buri wese ajye yitegereza uwo akundana nawe
72- Muzakomeza gukurikira imigenzo y'ababayeho mbere yanyu, intera ku yindi, intambwe ku yindi
76- Yemwe bantu!, mujye mwirinda gukabya mu idini, kubera ko ababanjirije boretswe no gukabya mu idini!
80- Afite intsinzi niba ari kuvugisha ukuri
81- Umunsi mwiza izuba ryarasheho ni umunsi wa gatanu (Idjuma)
88- Ndahiye k'ufite roho yanjye mu kuboko kwe ko muzakomeza gukurikira imigenzo y'abababanjirije
91- Mwene Adamu arampinyura kandi bidakwiye, aranantuka kandi ntibikwiye
93- Umuntu uzambara impigi azaba akoze ibangikanyamana
94- Abamalayika ntibaherekeza abantu bagendana n'imbwa cyangwa bafite inzogera
100- Allah niwe ukwiye gushimwa no gusingizwa we uburijemo ibishuko bya Shaytwani
103- Wabaye umuyisilamu ufite n'ibyiza wakoze mbere
111- Imperuka ntizabaho kugeza ubwo ibihe bizegerana
116- Ku munsi w'imperuka bazazana urupfu ruri mu ishusho y'intama y'isekurume
117- Uyu muriro wanyu mukoresha ni igice kimwe mu bice mirongo irindwi by'umuriro wa Djahanamu
119- Buri kintu cyose kiba cyaragenwe, n'ubunebwe no kugira ibakwe cyangwa se kugira ibakwe n'ubunebwe
120- Iyo Allah ageneye umugaragu we ko apfira ahantu, ashyiraho impamvu ituma ajya aho hantu
121- Kandi njye ndi Dwimam Ibun Tha'alabat, umuvandimwe wa bene Saadi Ibun Bak'ri
124- Intumwa y'Imana (Imana iyihe amahoro n'imigisha) yahawe ubutumwa ifite imyaka mirongo ine
125- Abayahudi bararakariwe, n'abanaswara barayobye
129- Rwose ibyo uvuga ndetse uhamagarira ni byiza, iyaba watubwiraga niba ibyo twakoze hari icyiru byaba
131- {Kandi rwose, kuri uwo munsi muzabazwa ku ngabire (mwahawe muri ku isi)}
136- Uzadutunga intwaro cyangwa se akayitubanguraho, uwo ntabwo ari muri twe